Mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi bwa kijyambere no kongerera abaturage ubushobozi mu kwihaza mu biribwa no guhangana n’inzara ishobora guturuka ku ihindagurika ry’ikirere, kuri uyu wa 22 Mata 2026 umuryango UGAMA k’ubufatanye n’Akarere ka Muhanga watanze toni eshatu z’imbuto y’imigozi y’indobanure kubaturage b’aka karere. Ni igikorwa cyabereye mu Murenge wa Muhanga akagali ka Gasave umudugudu wa Mbililii aho iyi…