Abakora ubudozi muma koperative yo muri Kamonyi bibukijwe ko ibyo bagiye kujya bakora bitakiri kurwego rw’Akarere gusa ahubwo ko bagiye kujya guserukira u Rwanda kururando mpuza mahanga. Ibi byagarutsweho kuwa 27 Gashyantare n’umukozi w’Akarere ushinzwe umuryango Madame UMUHOZA Alexia ubwo yitabiraga umuhango wo gusoza amahugurwa yari yagenewe ama Koperative akora ubudozi muri aka Karere yateguwe n’Umuryango UGAMA muri gahunda yayo…