• +250788872505 / +250788442851
  • ugama@ugama.org.rw
  • B.P. 28 MUHANGA
UGAMA yasabwe n’abayobozi b’amakoperative yo muri Muhanga kuyafasha guhabwa amahugurwa ku micungire myiza y’umutungo wabo.

UGAMA yasabwe n’abayobozi b’amakoperative yo muri Muhanga kuyafasha guhabwa amahugurwa ku micungire myiza y’umutungo wabo.

Kuwa 29\08\2023, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’ amakoperative mu karere ka Muhanga, bamwe mubayobozi b’amakoperative abarizwa muri ako karere barasaba ikigo cya Leta cy’Amakoperative hamwe n’umuryango wo Gushyigikira AMAkoperative (UGAMA) ku bufatanye n’akarere ka Muhanga ko bashyirirwaho amahugurwa yo kubafasha gucunga neza umutungo wabo murwego rwo kwirinda kugwa mubihombo baterwa no kudacunga neza umutungo wabo Hari mumuhango wo w’umunsi mpuzamahanga…

JOBS: Marketing and economic Management of cooperative at UGAMA, Muhanga, Rwanda – CLOSE: 13/09/2023

JOBS: Marketing and economic Management of cooperative at UGAMA, Muhanga, Rwanda – CLOSE: 13/09/2023

UGAMA/UMURYANGO WO GUSHYIGIKIRA AMAKOPERATIVE B.P. 28 MUHANGA       TEL : 0252 562096 – 0252 562097 E-mail : ugama@ugama.org           Website : www.ugama.org     TERMS OF REFERENCE TO RECRUIT STAFF MEMBERS Background information Umuryango wo Gushyigikira AMAkoperative (UGAMA) is the Local Non-governmental Organization for Support to Cooperatives and community-based organizations (CBOs), created in 1988 in accordance with the Rwandan law and approved by the…

Hamwe na UGAMA, PROTOS irashimwa ko yitaye ku cyaro aho benshi hatinya gukorera.

Hamwe na UGAMA, PROTOS irashimwa ko yitaye ku cyaro aho benshi hatinya gukorera.

Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga burashima abafatanyabikorwa b’umushinga w’Ababiligi PROTOS ko bafasha akarere mu bikorwa cyane cyane by’iterambere ry’icyaro birimo isuku n’isukura, kugeza amazi meza ku baturage, kwita ku bidukikije, guca amatelasi y’indinganire n’ibindi. Kuri uyu wa 07/02/2013, umushinga PROTOS wahaye abafatanyabikorwa bawo bakorera mu karere ka Muhanga moto eshatu zo mu bwoko bwa TF zifite agaciro k’amafaranga miliyoni 10 mu…

Mukunguri: Ku bufatanye na UGAMA, Umuceri ugiye guhunikwa mu bigega bya rutura.

Mukunguri: Ku bufatanye na UGAMA, Umuceri ugiye guhunikwa mu bigega bya rutura.

Koperative y’abahinzi b’umuceri bakorera mu gishanga cya Mukunguri, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Werurwe 2013 yamurikiwe ubuhunikiro bunini bubiri, buzajya bwifashishwa kubika umuceri w’abaturage igihe cyo gusarura, na nyuma y’uko uyu muceri utunganywa n’uruganda ruri kubakwa ku nkuka za kiriya gishanga.Niyongira Uzziel Umuhuzabikorwa w’iyi Koperative, avuga ibi bigega bizabafasha kurinda ko umuceri wabo wangirika igihe cy’isarura na nyuma…