Kuwa 29\08\2023, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’ amakoperative mu karere ka Muhanga, bamwe mubayobozi b’amakoperative abarizwa muri ako karere barasaba ikigo cya Leta cy’Amakoperative hamwe n’umuryango wo Gushyigikira AMAkoperative (UGAMA) ku bufatanye n’akarere ka Muhanga ko bashyirirwaho amahugurwa yo kubafasha gucunga neza umutungo wabo murwego rwo kwirinda kugwa mubihombo baterwa no kudacunga neza umutungo wabo Hari mumuhango wo w’umunsi mpuzamahanga…